
Kuri uyu wa 11 mata 2025, mu Rwanda, Abayobozi mu nzego zitandukanye, abahagarariye ibihugu n’imiryango mpuzamahanga ikorera mu Rwanda, urubyiruko, abahagarariye imiryango y’abarokotse Jenoside n’abandi bitabiriye urugendo rwo #Kwibuka31 Abatutsi biciwe i Nyanza ya Kicukiro nyuma yo gutereranwa n’ingabo za MINUAR.
Ni urugendo kandi rwanitabiriwe n’umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, ariwe Dusengiyumva Samuel na Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda Antoine. #Kwibuka31 #twibuketwiyubaka









