×
In

1. Indwara y’igifu ni iki?
Indwara y’igifu ni ikibazo kibasira igice cy’igifu (stomach), kikaba gishobora gufata igifu ubwacyo cyangwa igice cyacyo kitwa duodenum. Indwara izwi cyane ni uburibwe bw’igifu (ulcers), aho igifu cyangwa urwungano rwegereye kiba gifite ibisebe bitewe n’ubusharire bukabije cyangwa umwanda wagiye mu gifu.

2. Ibyo iturukaho (Ibiyitera)
– Indwara y’igifu iterwa n’impamvu zitandukanye, zirimo:
– Bakteri ya Helicobacter pylori: Iyi mikorobe itera kubyimba no kwangiza urukuta rw’igifu.
– Imiti imwe n’imwe: Nko gukoresha ibinini byinshi bya paracetamol, aspirin, cyangwa ibinini birwanya ububabare (NSAIDs).
– Ubusharire bwinshi: Igihe igifu gitanga aside (acid) nyinshi cyane, byangiza igice cyacyo imbere.
– Imirire mibi: Kurya ibirimo umunyu mwinshi, ibirungo byinshi, inzoga, n’itabi.
– Stress n’umunaniro: Nubwo bitari intandaro nyamukuru, bigira uruhare mu kongerera ikibazo ubukana.

3. Ibimenyetso by’indwara y’igifu
– Uburibwe mu nda hagati (hashize amasaha make urya)
– Kugira isesemi no kuruka
– Kugira impiswi cyangwa impatwe
– Kugira umunaniro ukabije
– Gutakaza ibiro cyangwa is Appetite
– Kumva ushaka kurya kenshi cyangwa utagira appetit

4. Ingaruka zayo (iyo itavuwe neza)
– Gucika k’urukuta rw’igifu (perforation): Bivamo indwara ikomeye ishobora gutera urupfu.
– Kuva amaraso mu gifu: Bigaragara mu musarane w’umukara cyangwa amaraso.
– Cancer y’igifu: Igihe kirenze cyanduye Helicobacter pylori gishobora kubyara kanseri.
– Gucika intege k’umubiri: Bitewe no kudasohora intungamubiri neza.

5. Uko wayirinda
– Kwitwararika mu byo urya: Irinde inzoga, itabi, ibirungo byinshi.
– Kwirinda ibinini uko ubonye: Fata imiti uko muganga yayanditse.
– Gukaraba intoki neza: Kwirinda kwandura na Helicobacter pylori.
– Kugira gahunda y’imirire no kuruhuka bihagije.

    Leave a Reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *

    Author

    nyawelamberto@gmail.com

    Related Posts

    In

    Umuti uterwa kabiri mu mwaka urinda Sida ku kigero cya 99,9% ugiye gutangira gutangwa mu Rwanda

    Mu myaka irenga mirongo ine ishize, Virusi Itera Sida yabaye imwe mu ndwara zahinduye amateka y’Isi n’ubuzima bwa muntu. Yahitanye ubuzima bwa...

    Read out all
    In

    Abasimburijwe impyiko bakabakaba 90, ababazwe umutima barenze 860: Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025

    Umwaka wa 2025, usize u Rwanda ruhagaze neza muri gahunda yo kwita ku magara y’Abaturarwanda, bikajyana no kuvura indwara zikomeye cyane ko...

    Read out all
    In

    Kuri Noheli mu Rwanda havutse abana barenga 900

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko tariki ya 25 Ukuboza 2025, havutse abana 961 hirya no hino mu gihugu. Ni umubare munini ugereranyije n’umwaka...

    Read out all
    In

    Abasaza mu karuhuko, Urubyiruko Nirwo Ruri Kurwana na Stress!

    Mu myaka ya vuba, ikibazo cy’ihungabana n’agahinda mu rubyiruko cyafashe indi ntera. Nubwo isi igezweho yuzuyemo amahirwe menshi n’ikoranabuhanga rifasha mu mibereho,...

    Read out all
    In

    Uburyo bworoshye bwo kugabanya stress buri wese yakwifashisha mu buzima bwa buri munsi

    Mu buzima bwa buri munsi, stress ni kimwe mu bibazo abantu benshi bahura na cyo, yaba itewe n’akazi, ibibazo byo mu rugo,...

    Read out all
    In

    Ibintu 5 byakwereka ko ushobora gupfa imburagihe uri munsi y’imyaka 35

     Hari ibintu bimwe na bimwe, iyo umuntu atabyitayeho, bishobora kumushyira mu byago byo gupfa imburagihe, cyane cyane hagati y’imyaka 18 na 35....

    Read out all