×

Shoshana Aufzien, umunyeshuri w’Umuyahudi muri Barnard College i New York, yavuze uburyo yahuye n’ibibazo by’ihohoterwa n’ivangurwa.

Abari kunnyuzurwa, bagakorerwa ibya mfura mbi, bari kuzizwa ko batishimira ibikorwa bya Israel ku bihugu bihana imbibe n’ibindi by’ibituranyi nka Iran.

Ku itariki ya 7 Gicurasi 2025, mu isomero rya Butler muri Columbia University, abacuranga gitari batandukanye bifatanije mu gisa nk’imyigaragambyo yo kwamagana Israel. Aba bigaruriye imitima y’abanyeshuri benshi, aho bahamagariraga buri wese kwiga ku bibera muri Palestine, cyane cyane ku bugome bukorwa na Israel.

Aufzien avuga ko yahuye n’ibibazo birimo guhohoterwa mu buryo butandukanye, harimo no guhohoterwa ku mbuga nkoranyambaga (doxxing) ndetse no kwirukanwa mu mashuri. Yongeraho ko ibi byose byagize ingaruka mbi ku buzima bwe bwo mu mutwe.

Columbia University yemeye gukemura ikibazo cy’amakosa yagaragajwe, ndetse yemeye no kwishyura miliyoni zisaga 200 z’amadorali ku byerekeye ivangura rikorerwa Abayahudi, hamwe n’ingamba zo kongera umutekano ku ishuri.

Umuvugizi wa Columbia yavuze ko ishuri rihakana ivangura n’ihohoterwa, rikaba ryiyemeje gukemura ibibazo byose kugira ngo abanyeshuri bose, cyane cyane Abayahudi, bumve bishimye kandi batekanye.

Shoshana Aufzien, umunyeshuri w’Umuyahudi muri Barnard College i New York, yavuze uburyo yahuye n’ibibazo by’ihohoterwa n’ivangurwa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Author

nyawelamberto@gmail.com

Related Posts

Imbangukiragutabara zaciwe miliyoni 46Frw kubera gukora impanuka nta bwishingizi

Umwaka ushize wa 2025, imodoka esheshatu zitwara abarwayi zizwi nk’imbangukiragutabara zaciwe amafaranga Miliyoni 45.6Frw kubera gukora impanuka zidafite ubwishingizi bw’ibinyabiziga. Nibakure Florence...

Read out all

APR FC yasangiye n’abakomeye nyuma yo kugarika Rayon Sports

Nyuma yo utsinda Rayon Sports ibitego 4-1 mu mukino wa Super Coupe 2025, abakinnyi b’ikipe y’Ingabo basangiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda,...

Read out all

Abagabo bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina bikubye karindwi mu mwaka umwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko umubare w’abagabo bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikamenyekana bavuye kuri 349 mu 2023 bagera kuri 2748...

Read out all

Djihad n’abo bareganwa batakambiye urukiko barusaba kubarekura by’agateganyo

Kuri uyu wa 29 Ukuboza 2025 ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, haburanishirijwe urubanza rw’Ubujurire Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad n’abo bareganwa baburanaga...

Read out all

Ni umujyi urabagirana: Kigali yitegura kwizihiza Noheli n’Ubunani twabateguriye Amafotomeza

Iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani iri mu ya mbere yizihizwa na benshi ku Isi ku buryo imyiteguro yayo itangira kugaragara na mbere...

Read out all

Rusizi: Yabyutse asanga inzu bayitoboye bamwiba ibirimo televiziyo

Ngoboka Joël utuye mu Mudugudu wa Makambi, Akagari ka Karenge,Umurenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi ubwo yari abyutse saa kumi n’imwe...

Read out all