×

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga zose akoresha, umunyarwenya Kanyabugande Olivier wamamaye nka Nyaxo, yasabye imbabazi abamukurikira n’Abanyarwanda muri rusange nyuma yo gutegura ‘Live ya TikTok’ itajyanye n’ ibihe byo kwibuka Genocide yakorewe abatutsi igihugu kirimo.

Muri ubu butumwa yagize ati ‘’ Muraho neza, akakanya nje hano gusaba imbabazi abantu mwese mwari munkurikiye kuri live nakoze ijoro ryo kuwa gatanu taliki 11 mata 2025 saa tatu z’ijoro kuri TikTok. Aho njye na bagenzi banjye twari kumwe turi kuvuga ku bitajyanye n’ ibihe turimo byo kwibuka ku nshuro ya 31 Genocide yakorewe abatutsi 1994.

Yakomeje agira ati’’ Nsabye imbabazi abanyarwanda mwese muri rusange cyane cyane abo byakomerekeje, Ndashishikariza kandi urubyiruko n’ ibyamamare cyangwa aba social influencers gukomeza gukoresha imbuga nkoranyambaga mwese neza kugira ngo duhashye abapfobya Genocide, Murakoze.

Kanyabugande Olivier(Nyaxo) atangaje ibi mu gihe Urwanda n’ inshuti z’ Urwanda turi mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 31 Genocide yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Author

nyawelamberto@gmail.com

Related Posts

Imbangukiragutabara zaciwe miliyoni 46Frw kubera gukora impanuka nta bwishingizi

Umwaka ushize wa 2025, imodoka esheshatu zitwara abarwayi zizwi nk’imbangukiragutabara zaciwe amafaranga Miliyoni 45.6Frw kubera gukora impanuka zidafite ubwishingizi bw’ibinyabiziga. Nibakure Florence...

Read out all

APR FC yasangiye n’abakomeye nyuma yo kugarika Rayon Sports

Nyuma yo utsinda Rayon Sports ibitego 4-1 mu mukino wa Super Coupe 2025, abakinnyi b’ikipe y’Ingabo basangiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda,...

Read out all

Abagabo bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina bikubye karindwi mu mwaka umwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko umubare w’abagabo bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikamenyekana bavuye kuri 349 mu 2023 bagera kuri 2748...

Read out all

Djihad n’abo bareganwa batakambiye urukiko barusaba kubarekura by’agateganyo

Kuri uyu wa 29 Ukuboza 2025 ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, haburanishirijwe urubanza rw’Ubujurire Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad n’abo bareganwa baburanaga...

Read out all

Ni umujyi urabagirana: Kigali yitegura kwizihiza Noheli n’Ubunani twabateguriye Amafotomeza

Iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani iri mu ya mbere yizihizwa na benshi ku Isi ku buryo imyiteguro yayo itangira kugaragara na mbere...

Read out all

Rusizi: Yabyutse asanga inzu bayitoboye bamwiba ibirimo televiziyo

Ngoboka Joël utuye mu Mudugudu wa Makambi, Akagari ka Karenge,Umurenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi ubwo yari abyutse saa kumi n’imwe...

Read out all