×
In

Myugariro w’Ikipe y’igihugu, Amavubi, ukina ku ruhande rw’iburyo, Omborenga Fitina, wari umaze umwaka muri Rayon Sports, yasubiye mu ikipe ya APR FC.

Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yemeje ko uyu mukinnyi yagarutse yayigaritsemo kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Kamena 2025.

Iyi kipe yanditse kuri X iti “Omborenga Fitina agarutse mu rugo gusoza ibyo atasoje.”

Omborenga yageze muri Rayon Sports mu mpeshyi ya 2024, nyuma yo kuva muri APR FC aho yari amaze irindwi.

Ubwo yageraga muru Rayon Sports yasinye amasezerano y’imyaka ibiri.

Nyuma yaje kwandikira iyi kipe ayisaba gusesa amasezerano, ashinja iyi kipe batazira Gikundiro kutubahiriza amasezerano.

Omborenga agiye muri APR FC asangayo abandi bakinnyi b’abanyarwanda barimo Bugingo Hakim na Iraguha Hadji bavuye muri Rayon Sports.

Hari umuzamu Hakizimana Adolphe wavuye muri As Kigali na Ngabonziza Pacifique ukina hagati mu kibuga akaba yavuye mu ikipe ya Police FC, bose binjiye muri iyi kipe mu igura ry’iyi mpeshyi y’uyu mwaka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Author

nyawelamberto@gmail.com

Related Posts

In

AMAFOTO: Police FC itsinzwe na AS Kigali mu mukino waranzwe n’izima ry’amatara n’imvura

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 8 Gashyantare 2026, nibwo kuri Kigali Pele Stadium habereye umukino wahuje Police FC na AS Kigali watangiye...

Read out all
In

Rutahizamu wa Royon Sport “Ndikumana Asman” yahagaritswe

Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yerekeje iwabo mu Bufaransa aho yagiye kwita ku mubyeyi we [Mama] urwaye, ariko asiga ahagaritse rutahizamu,...

Read out all
In

Rayon Sports yasinyishije Yannick Bangala na Kwizera Olivier

Rayon Sports yasinyishije Kwizera Olivier na myugariro w’Umunye-Congo, Yannick Bangala Litombo wakiniye amakipe arimo AS Vita Club, Yanga SC na Azam FC....

Read out all
In

Rayon Sports yicumye ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda

Nyuma yo gutsinda Gorilla FC, Rayon Sports yagize amanota 20, ndetse ihita ijya ku mwanya wa kane ku rutonde rwa Shampiyona y’u...

Read out all
In

Rayon Sports yatandukanye burundu na Afahmia Lotfi

Bidasubirwago, Rayon Sports yatandukanye n’umutoza Afahmia Lotfi wari umaze ukwezi yarahagaritswe. Tariki ya 13 Ukwakira 2025, ni bwo Rayon Sports yatangaje ko...

Read out all
In

Shema Fabrice Yageneye Amavubi Arenga Miliyoni 40frw Nyuma yo Gutsinda Zimbabwe.

Perezida wa FERWAFA, Shema Fabrice, yahawe buri mukinnyi n’abatoza agahimbazamusyi gasaga miliyoni 40 Frw nyuma yo gutsinda Zimbabwe 1-0 mu mukino wo...

Read out all