×

Impanuka y’indege ya gisivili yahitanye abantu 12 biganjemo ba mukerarugendo muri Kenya.

Iyi mpanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 28 Ukwakira 2025, mu gace ka Tsimba Golini mu Ntara ya Kwale.

Polisi ya Kenya yatangaje ko abapfuye biganjemo ba mukerarugendo, ko kandi indege yari yahagurutse ku kibuga  cya Diani nyuma iza kwisekura hasi mu gace ka Tsimba Golini.

Urwego Rushizwe Indege za Gisivili muri Kenya, rwavuze ko iyo ndege ifite ikirango ‘5Y-CCA’ yakoze impanuka saa kumi n’imwe n’iminota 30 za mu gitondo ko kandi yarimo abantu 12, Leta ikomeje iperereza ngo hamenyekanye icyateye impanuka.

Kenya impanuka y’indege yahitanye abantu 12

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Author

nyawelamberto@gmail.com

Related Posts

Afurika y’Epfo igiye gukura ingabo zayo muri MONUSCO

Guverinoma ya Afurika y’Epfo mu itangazo yasohoye muri iki gitondo yatangaje ko igiye gukura ingabo zayo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga...

Read out all

Ubuyapani: Umugabo yarusimbutse ubwo bashakaga kumwica bamuhora kugona

Mu Buyapani, umusore w’imyaka 18, akaba umunyeshuri mu mashuri yisumbuye, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranyweho gushyira uburozi mu byo kurya bya...

Read out all

U Burusiya bwambuye ingabo za Ukraine uduce 32

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Burusiya, Valery Gerasimov, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zigaruriye uduce 32 mu kwezi k’Ukuboza mu ntambara zihanganyemo n’ingabo...

Read out all

Muri Kazakhstan Abadepite batoye itegeko ribuza icengezamatwara ry’abaryamana bahuje ibitsina

Inteko Ishinga Amategeko ya Kazakhstan, yatoye itegeko ribuza icengezamatwara ry’imyemerere y’abaryamana bahuje ibitsina, rikorwa hifashishijwe itangazamakuru na internet, hagamijwe kurinda abana amakuru...

Read out all

Zelensky ashaka kwitabira ibiganiro bya Trump na Putin atatumiwemo

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko yiteguye kwitabira inama izahuza Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe...

Read out all

Andrej Babiš yajyanywe mu bitaro nyuma yo gukubitwa inkoni mu mutwe”

Andrej Babiš, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Tchèque, yajyanywe mu bitaro nyuma yo gukubitwa mu mutwe n’inkoni ubwo yari mu...

Read out all