Kigali City
Toll 250 725 965 556
Kigali Connect
AMAKURU AGEZWEHO
AGEZWEHO MU KARERE
MU MAHANGA
“Sénégal: Abantu 12 Bafunzwe Bakekwaho Kuryamana n’Abo Bahuje Igitsina”
Umuryango uharanira uburenganzira bw’abantu baryamana bahuje ibitsina, Stop Homophobie, wamaganye icyemezo cya Leta ya Sénégal cyo guta muri yombi abantu 12 bakekwaho kuryamana n’abo bahuje...
Afurika y’Epfo igiye gukura ingabo zayo muri MONUSCO
Guverinoma ya Afurika y’Epfo mu itangazo yasohoye muri iki gitondo yatangaje ko igiye gukura ingabo zayo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika...
Ubuyapani: Umugabo yarusimbutse ubwo bashakaga kumwica bamuhora kugona
Mu Buyapani, umusore w’imyaka 18, akaba umunyeshuri mu mashuri yisumbuye, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranyweho gushyira uburozi mu byo kurya bya nyirarume agamije kumwica,...
U Burusiya bwambuye ingabo za Ukraine uduce 32
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Burusiya, Valery Gerasimov, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zigaruriye uduce 32 mu kwezi k’Ukuboza mu ntambara zihanganyemo n’ingabo za Ukraine. Ibi...
ANDI MAKURU
Netanyahu yatangaje intambara idasanzwe kuri ‘Hamas’ itifuza kumvikana’
Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yasohoye videwo ku Cyumweru nijoro asubiza ku burakari bwatewe n’amashusho yashyizwe ahagaragara na Hamas, agaragaza imbohe...
Read out all